I have never passed the second place since I started primary and secondary school, which made me go to University. Because I was a scholar, I said, "… - Jeannette Bayisenge
" "I have never passed the second place since I started primary and secondary school, which made me go to University. Because I was a scholar, I said, "Let me apply for a job teaching at the university, but the point was that I know that if you become a university teacher, you are required to study in order to be able to teach."(Ntabwo nigeze ndenga umwanya wa kabiri kuva natangira amashuri yaba abanza n’ayisumbuye, bituma njya no muri Kaminuza. Kuko nari muhanga ndavuga nti reka nsabe n’akazi ko kwigisha muri kaminuza ariko intumbero yari uko nzi ko iyo ubaye umwarimu wa Kaminuza uba usabwa kwiga kugira ngo ushobore kuzigisha)
About Jeannette Bayisenge
Prof.Jeannette Bayisenge is Rwandan politician and socialist who currently serves as Minister of Gender and Family Promotion in Rwanda (MIGEPROF) since 2020 and Associate Professor of Gender studies at the University of Rwanda.
Also Known As
Related quotes. More quotes will automatically load as you scroll down, or you can use the load more buttons.
Additional quotes by Jeannette Bayisenge
Also, in the past, women did not do paid work related to history, but these days women are left to work as much as men and do as well as men. 'the responsibility they have to take care of the home, but they are able to do it and see that it is productive like their elders. prioritized is a good way to speed up development, I ask women to show their commitment to show their ability to avoid repeated statements that it is women who do something that does not go well, that is why our attitude must change a lot Discussing experiences and challenges you have faced helps them to share knowledge.(Ubundi mbere, abagore ntabwo bakoraga akazi gahemberwa bijyanye n'amateka, ariko muri iyi minsi abagore basigaye bakora akazi nk'abagabo kandi bakanakora neza nk'abagabo, turabizi ko mu nzego z'umutekano byari nk'imbogamizi kubona abagore bazitabira nubwo biba bigoye bijyanye n'inshingano baba bafite zo kwita ku rugo, ariko barabishoboye kandi ukanabona ko bitanga umusaruro nk'uwa basaza babo, ndakomoza ku ijambo rya nyakubahwa perezida wa Repubulika ku munsi mpuzamahanga w'abagore aho yavuze ko uburinganire atari impuhwe ahubwo ari uburenganzira, ndetse anavuga ko iyobushyizwe imbere ari uburyo bwiza bwo kwihutisha iterembere, ndasaba abagore kujya bagaragaza ubwitange kugira ngo bagaragaze gushobora kwabo kugirango hirindwe imvugo zigaruka zivuga ko n'ubundi ari abagore iyo ikintu ugikoze ntikigende neza, niyo mpamvu imyumvire yacu igomba guhinduka cyane, iri huriro riba ari umwanya wokuganira kubunararibonye ndetse n'imbogamizi mwagiye muhura bikabafasha kungurana ubumenyi)
Works in ChatGPT, Claude, or Any AI
Add semantic quote search to your AI assistant via MCP. One command setup.
The legacy I feel I will leave on Earth is that no one will say that I betrayed them. It may happen unintentionally but I know I would apologize to him/her.(Umurage numva nazasiga ku Isi ni uko hatazagira umuntu uvuga ngo naramuhemukiye.Wenda bishobora kubaho ntabishaka ariko mbimenye namusaba imbabazi)